DUHEKE IMPANGA ZA NYIRIMYAKA
Mu gihe isi ikomeje kuzengerezwa n’icyorezo cya COVID-19, hari abadashinga mu kwemera bahita bashinguka mu by’Imana, bibwira ko ya yindi yirirwa ahandi igataha i Rwanda, yimukiye ahandi igahezwa ishyanga na « guma iyo uri », maze imirima isanganywe ikarara, igahinduka ibihuru. Nibahumure! Diyakoni Abeli arababwira ati: « Mu byo nabashije kumenya, ni uko Imana itajya idutererana, haba mu … [Komeza…]